Umusaza witabye Imana afite imyaka 78, byagaragaye ko yari afite ibitsina 3, gusa bigakekwa ko nawe atari aziko imyanya ndangagitsina ye yari imeze gutyo. Kugira […]
Tag: Amakuru
Gatsibo: Uwakekwagwaho kwica umuturanyi we umukase ijosi yarashwe na polisi
Umuturage wo mu murenge wa Kiziguro, mu karere ka Gatsibo wakekwagwaho kwivugana umuturanyi we amukase ijosi yarashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugerageza kwiruka ngo acike […]
Liban : Ingabo za Israel zinjiye muri Liban mu rugamba
Mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri tariki ya 01 ukwakira, ingabo za Israel zagabye ibitero byo ku butaka mu majyepfo ya Liban mu rwego […]
Seychelles : Perezida avuga ko ahangayikishijwe n’amafaranga menshi akomeje gushorwa mu gisirikare
Perezida wa Seychelles, Wavel Ramkalawan, yagaragaje ko ahangayikishijwe n’amafaranga menshi akomeje gushorwa mu gisirikare hirya no hino ku isi, avuga ko bino bigaragaza ko ibihugu […]
SACCO: Ibisubizo bya bimwe mu bibazo ku gahimbazamusyi k’abarimu bakosoye ibizamimi bya Leta.
Bimwe mu bibazo byibazwa ku gahimbazamusyi k’abarimu bakosoye ibizamini bya Leta, byasubijwe. Bimwe muri ibyo bibazo harimo nko: *Kwibaza igihe abarimu bakosoye ibizamini bya leta […]
Liban, yatangaje ko yamaze kwinjira mu bihe by’intambara.
Minisitiri w’intebe wa Liban, Najib Mikati, yatangaje ko igihugu cye cyamaze kwinjira mu bihe by’intambara nyuma y’iminsi ibiri(2) bimwe mu bikoresho by’ikoranabuhanga by’ifashishwa mu itumanaho […]
Perezida Paul KAGAME, yavuze ko amateka mabi u Rwanda rwanyuzemo amufasha gushyira mu bikorwa inshingano ze nk’umukuru w’igihugu.
Perezida Paul KAGAME, yavuze ko amateka mabi u Rwanda rwanyuzemo yarugejeje kuri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, yamwigishije kimwe n’abandi banyarwanda, kandi ko amasomo yavanyemo […]
Apr fc yamaze gutangira urugendo rwerekeza mu Misiri
Ikipe y’ingabo z’igihugu yamaze gufata rutemikirere yerekeza mu gihugu cya Misiri aho igiye guhangana na Pyramides mu mukino wa kabiri mu ijonjora rya kabiri ry’imikino […]