Rutsiro: Umusore arahigwa bukware nyuma gusambanya abana babiri barimo gutashya inkwi

Mu Murenge wa Nyabirasi, Akarere ka Rutsiro, haravugwa inkuru ibabaje y’umusore w’imyaka 20 ukekwaho gusambanya abana babiri b’abakobwa b’imyaka 12 na 13, abasanze mu ishyamba bari mu bikorwa byo gutashya inkwi. Ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa 2 Gicurasi 2025. Amakuru yemejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyabirasi, Bwana Mpirwa Migabo, wavuze ko uyu musore … Continue reading Rutsiro: Umusore arahigwa bukware nyuma gusambanya abana babiri barimo gutashya inkwi