Home IMIKINO FERWAFA yirukanye abasifuzi bazira kugena uko umukino uri burangire
IMIKINO

FERWAFA yirukanye abasifuzi bazira kugena uko umukino uri burangire

Ishyiramwe ry’Umupira w’Amaguru (FERWAFA) ryirukanye abasifuzi batatu, bazira kugira uruhare mu kugena uko umukino uri bugende binyuze mu buriganya  (match fixing) n’ibindi.

Abasifuzi birukanwe ni Amida Hemedi, Uwimana Ally na Mbarute Djihadi.

Amida Hemedi wasifuraga mu kibuga hagati, yazize kugira uruhare mu guhuza abasifuzi n’abantu bakora match fixing.

Uwimana Ally yazize gushishikariza bamwe mu basifuzi gutega (betting) ku mikino yo mu Rwanda kandi bagomba kuyisifura.

Mbarute Djihadi we yazize kuba yarakiriye amafaranga y’abantu bakora match fixing.

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

Muhire Kevin yabonye ikipe nshya

Muhire Kevin wari kapiteni wa Rayon Sports yerekeje muri Sudani y’Epfo, mu...

Etincelles FC yahagaritse umutoza wayo mukuru

Umutoza Mukuru wa Etincelles, Seninga Innocent yahagaritswe by’agateganya n’ubuyozi bw’iyi kipe, ashinjwa...

Rwanda to Face Algeria in Friendly Match as Part of 2026 World Cup Preparations

As Rwanda intensifies preparations for the 2026 FIFA World Cup qualifiers, the...