SIPORO

SIPORO

Perezida wa Gasogi aburiye Rayon Sports atibagiwe na bamwe mu banyamakuru.

Uyu munsi taliki 31 Nyakanga 2023, nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyize hanze ingengabihe y’uko shampiyona y’abagabo 2023-2024 izagenda. Umukino...

AMAKURUSIPORO

Rayon sports itangiriye kuri Gasogi, ku munsi wa 9 Rayon sports izahura na APR FC

Mu gihe hari hashize iminsi abanyarwanda bategereje ko shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda itangira, ubu byamaze kumenyekana uko amakipe azahatana mu mwaka wa...

SIPORO

Mappe denied to meet Al Hilal agents

Soudi Arabia giant Al Hilal is targeting world football stars but for Klyan Mbappe they are trying but in vian. French star Mbappe...

SIPORO

Radiyo Rwanda ntizongera kogeza Shampiyona yahano mu Rwanda.

  Nyuma y’igihe kinini Radiyo Rwanda ariyo yojyeza shampiyona  y’icyiciro cyambere mu Rwanda, hashobora kuzamo impinduka  igahabwa indi Radiyo. Ingoma iyoboye FERWAFA, iyobowe...

SIPORO

Rayon Sports yisanze mu makipe akomeye muri Africa nyuma y’uko itazakina imikino y’amajonjora, igeze mu matsinda itavunitse.

Ikipe ifite abakunzi benshi mu Rwanda Rayon Sports ikuriweho imikino y’amajonjora nyuma y’uko yisanze mu makipe 12 atazikana ijonjora ry’ibanze mumikino ya CAF...

SIPORO

Machester United yaraye igaraguye Arsenal reba amafoto.

  Machester United yaraye utsinze ibitego 2 ku busa ikipe ya Arsenal mu ijoro tyakeye,bigeze no muri penality Machester itsinda 5-3 za Arsenal....

SIPORO

Rayon Sports itwawe umukinnyi n’ikipe idaheruka gutsinda.

Kiyovu Sports niyo birangiye yegukanye Niyonzima Olivier Seif, umukinnyi w’umunyarwanda ukina hagati mu kibuga, ku masezerano y’umwaka umwe imutanzeho miliyoni 10. Uyu mukinnyi...

SIPORO

Messi yanditse andi mateka atakiganwa nubonetse wese.

  Nyuma y’uko Lionel Messi ahinduye ikipe akava muri PSG yo mu gihugu cy’Ubufaransa akerekeza muri Inter Miami yo muri Amerika yaraye yanditse...

SIPORO

Rayon Sports yatumiwe mu irushanwa ry’amakipe akunzwe na benshi muri Afurika.

Iri rushanwa ryatumiwemo ikipe ya Rayon Sports ni irushanwa rizakinwa mu minsi ya vuba, rikaba rizahuza amakipe yo muri Afurika y’iburasirazuba. Kuwa gatatu...

SIPORO

Umutoza mushya wa Rayon Sports yatangiye yerekana itandukuniro rye n’uwo yasimbuye.

Umunya Tunisia Yamen Zelafani Alfan kuri ubu ni umutoza mushya wa Rayon Sports, ariko yatangiye akazi yerekana ko ntamikino afite, ubwo yabuzaga Jonathan...

Don`t copy text!