Darko Novic, utoza ikipe ya APR FC, yashimye cyane kapiteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin avuga ko ari umwe mu bakinnyi beza muri shampiyona y’u […]
Category: SIPORO
Samuel muri “Tour du Rwanda” akomeje kuvugwa imyato
Uruganda Ingufu Gin Ltd, ruherereye mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi mu Ntara y’Amajyepfo ruyoborwa na Ntihanabayo Samuel rumaze kumenyekana mu irushanwa mpuzampahanga ry’amagare […]
Ibihanga biri mu mategeko agenga imikino mu mashuri bidindiza siporo y’igihugu
Buri rushanwa rigira amategeko arigenga kandi aba agomba gukurikizwa kugirango irushanwa rinyure mu mucyo kandi rigende neza. Icyakora iyo ayo mategeko ateguye nabi cyangwa atagendanye […]
Stade Amahoro ihanganiye igihembo na Stade zirimo Santiago Bernabéu ya Real Madrid
Stade Amahoro y’u Rwanda iri muri 23 zihataniye ibihembo by’ibibuga byiza ku Isi mu mwaka wa 2024. Stade Amahoro yafunguwe mu mwaka ushize nyuma yo […]
Gasogi United na Musanze ziranganyije Police itahanye amanota I Rubavu
Mu mikino y’umunsi wa 10 wa shampiyona y’u Rwanda,ikipe ya Gasogi United yanganyirije mu rugo na Musanze igitego 1-1,mu gihe ikipe ya Police FC yatsinze […]
Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul KAGAME, yitabiriye umukino wahuzaga u Rwanda na Djibouti(amafoto)
Perezida Paul KAGAME yitabiriye umukino wo kwishyura ikipe y’igihugu y’u Rwanda (Amavubi) ya CHAN, yari yakiriyemo ikipe y’igihugu ya Djibouti , wanarangiye ikipe y’igihugu amavubi […]
Gutsindwa na Djibouti ntabwo ari ikimwaro, ikipe yacu si Brazil-Umutoza w’Amavubi asubiza abanyamakuru
Uyu munsi taliki 27/10/2024, ni bwo guhera i saa cyenda n’igice kuri Stade Amahoro i Remera habaga umukino ubanza mu guhatanira tike yo kujya mu […]
Twaraririye inshuro 12 tubura igitego-Ubwo duheruka gutsindwa 4-0 na FC Barcelona twatwaye Laliga na Champions league- Umutoza Ancelotti
Nyuma y’umukino wa El Clasco waraye uhuje FC Barcelona na Real Madrid, umutoza Carlo Ancelotti yemeye ko baraririye inshuro nyinshi zishoboka 12, bakabura igitego ndetse […]
Lewandowsk ahishuye icyo umutoza Hansi Flick yatyajishije FC Barcelona
Mu gihe ikipe ya FC Barcelona irimo gukora ibitangaza muri iyi minsi, abantu benshi batangiye gusubiza amaso inyuma batangira kugereranya iyi kipe igihe yatozwaga n’umutoza […]
Libya yitegura guhura n’amavubi itewe mpaga bituma ikomeza kuba iya nyuma
Ikipe y’igihugu ya Libya, yatewe mpaga y’ibitego 3-0, inacibwa amande y’ibihumbi 50 by’amadorari ku mukino yari kwakiramo Nigeria, tariki ya 15 ukwakira 2024. Ikipe y’igihugu […]