International

International

RDC: Perezida Tshisekedi na Lourenço bishimiye ko agahenge kari kubahirizwa

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Felix Tshisekedi yatangaje ko yishimiye ishyirwa mu bikorwa ry’agahenge, yiyemeza ko igihugu cye kitazigera...

International

Impanuka ikomeye yahitanye umubyeyi (mama) n’abana be bane

Mu gace ka Mbaruk hafi y’umuhanda wa Nakuru – Nairobi, habereye impanuka y’imodoka yahitanye abantu batanu bo mu muryango umwe barimo, umubyeyi (mama)...

International

Amerika yapinze Putin waciye amarenga ko agiye kwihorera kuri Ukraine

Nyuma y’uko Perezida Putin atumije inama yo kwigiramo uko yagaba ibitero muri Ukraine, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko ibyo Perezida Putin...

International

Ingabo za Ukraine mu mujinya mwinshi ku butaka bw’Uburusiya.

Uwahigaga yabaye umuhigo aho ingabo za Ukraine zishobora kwigaranzura Uburusiya. Volodymyr Zerensky bwa mbere yatangaje ko ingabo z’igihugu cye cya Ukraine cyatangiye guhangana...

International

EU yitandukanyije na Congo iherutse gukatira igihano cy’urupfu abarimo Corneille Nangaa

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wamaganye igihano cy’urupfu Ubutabera bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buherutse gukatira bamwe mu bayobozi bakuru babarizwa mu...

International

Brazil: Impanuka y’indege itwara abagenzi yahitanye abari bayirimo bose

Ku mugoroba wo ku wa Gatanu taliki 09 Kanama uyu mwaka, abagenzi 62 baburiye ubuzima mu mpanuka y’indege yabereye Leta ya Sao Paulo...

International

Yahya Sinwar niwe muyobozi mushya wa Hamasi

“Wirukana umugore uguguna igufa ukazana urimira bunguri.” Isiraheli yishe Ismail Haniyeh wayoboraga Hamasi wasaga nk’umunyamahoro ariko hakaba hagiyeho usa nk’aho ari intagondwa. Nyuma...

International

Umuyobozi wa Hamasi Ismail Haniyeh yiciwe muri Irani

Intambwe ku ntambwe Isiraheri iri kugenda yikiza abanzi ihanganye nabo. Ismail Haniyeh w’imyaka 62, akaba umuyobozi w’umutwe wa Hamas, yivuganiwe mu gihugu cya...

International

Kurya karungu kw’abaturage ba Venezuwela, Madulo mu kaga

Mu gihugu cya Venezuela habaye imyigaragambyo ikomeye nyuma y’uko bitangajwe ko Maduro yongeye gutorerwa kuyobora igihugu. Mu gihugu cya Venezwela giherereye muri Amerika...

Golan
International

Hezborall iritakana ibyo ishinjwa na Isiraheli byo kwica abantu 9

Kwitana ba mwana no kwihunza igabwa ry’ibitero kuri tumwe mu duce turimo abasivire bikomeje kwiyongera aho imitwe ihanganye na Isiraheli ikomeje kubihakana yivuye...

Don`t copy text!