Author: Pacifique Nkurunziza

Nshimiyimana Claude, a barber from Gicumbi District, never imagined that buying a secondhand phone at a wedding would land him in jail for a year and a half, all under what was supposed to be a “30-day pretrial detention”. Now a free man, Nshimiyimana is speaking out about what he describes as a deeply unjust experience in Rwanda’s criminal justice system, one that casts a spotlight on the growing concern over the misuse and uneven application of provisional detention. “They said it was 30 days, but I stayed 18 months before even being tried,” he told Impuguke.com. From wedding purchase…

Read More

Ukimara gusoma amakuru yasohowe n’ibigo by’ubutasi byo mu Buholandi n’u Budage, uhita wumva ubwoba n’impungenge z’uko isi igenda yemera ibintu bikwiye kwamaganwa. Ayo makuru avuga ko hari ibimenyetso bigaragaza ko u Burusiya bukomeje gukoresha intwaro z’ubumara muri Ukraine. Izi nzego zivuga ko u Burusiya bukoresha indege zitagira abapilote (drones), zikohereza iyi gaz y’ubumara ahari abasirikare ba Ukraine bihishe. Iyo izo ndege zihageze, ya gaz irabasohora aho bihishe, nyuma bagahita baraswa. Ni uburyo buteye ubwoba, ndetse bunagaragaza uburyo intambara z’iki gihe zigenda zisatira ubukana ndengakamere. Minisitiri w’Ingabo w’u Buholandi, Ruben Brekelmans, nawe yemeje ibi mu kiganiro yagiranye na Reuters. Yagize ati:…

Read More

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’ibanze(REB) rwatangaje gahunda yiswe “Nzamurabushobozi”, igamije guteza imbere imyigire y’abana bo mu mashuri abanza mu gihe cy’ibiruhuko. Iyi gahunda kuri iyi nshuro izanitabirwa n’abanyeshuri bo mu mashuri yisumbuye bazajya bifatanya mu kubafasha kongera ubumenyi binyuze mu myigishirize yunganira iyo basanzwe bahabwa ku ishuri by’umwihariko abanyeshuri bo mu mashuri abanza batabashije kugira amanota 50 % ahita abimurira mu myaka ikurikiraho ni bo bazitabira iyi gahunda. REB yasabye abanyeshuri bo mu byiciro bya S4, S5, S6 ndetse na TTC Y1, Y2 na Y3 kwiyandikisha nk’abakorerabushake (volunteers) bazafasha abana bato mu masomo y’ingenzi, by’umwihariko mu gihe cy’ibiruhuko. Ni igikorwa…

Read More