Saturday, September 28, 2024
spot_img

Latest Posts

Ibiciro bya Lisansi cyazamutseho amafaranga 183Frw

Hamaze gutangazwa ibiciro bushya by’ibikomoka kuri Peteroli,Aho igiciro cya Lisansi,cyiyongereyeho  amafaranga 183frw  kuko ubu Litiro ari 1822frw ni igiciro kinini cyibayeho mu Rwanda.

Ibi bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze n’Urwego rw’igihugu rushinzwe kugenzura imirimo ifitiye igihugu akamaro(RURA),kuri uyu wa Kabiri tariki 03 Ukwakira 2023.

Itangazo rya RURA ry’izamurwa rya Lisansi

Ni mugihe ibiciro bisanzweho byari byatangajwe 04 Kanama 2023 mugihe Litiro yaguraga 1639, Bivuzeko yazamutseho amafaranga 183frw.

Latest Posts

spot_imgspot_img

ANDI MAKURU

error: Content is protected !!