Home UBUZIMA Abantu 300 bamizwe n’amazi!
UBUZIMA

Abantu 300 bamizwe n’amazi!

Abantu 300 barohamye,abamaze kuboneka ni 7,mu gihe ibikorwa by’ubutabazi bikomeje.

Abantu 300 bivugwa ko biganjemo abakozi ba Leta,barohamye mu mugezi wa Lukenie, impanuka yabaye berekezaga mu kazi.Polisi ishinzwe ubutabazi bashoboye kurokora imirambo y’abantu 7.Imibare y’abapfuye ishobora kwiyongera.

Itsinda rishinzwe ubutabazi riracyari mu gikorwa cyo gushakisha abantu 300 barohamye mu nyanja.
BBC.News yatangaje ko hamaze kuboneka imirambo 7 ariko imibare ishobora kwiyongera ugendeye kubyo inzego z’ubutabazi zivuga.

Amakuru aravuga ko iyi mpanuka ibereye mu ntara ya Mai-Ndombe mu burengerazuba bwa Congo.
Umuyobozi wa Polisi wungirije muri aka gace Oshwe Martin Nakweti yavuze ko abenshi mu barohamye bari abakozi ba Leta bari bagiye mu kazi kabo.

Kugeza ubu Polisi iracyashakisha abarohamye muri Lukenie.Iyimpanuka ibaye nyuma yiyabereye muri Uganda yahitanye abantu 25 n’abandi bataraboneka kugeza ubu.

Written by
IFASHABAYO Gilbert

Umwanditsi w'ikinyamakuru www.umurunga.com ushaka kuduha amakuru mpamagara kuri 0788820730

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

UBUZIMA

Umugabo arashinja Ibitaro bya Kibagabaga uruhare mu rupfu rw’umwana we

Mu gitondo cyo ku wa Mbere taliki 31 Werurwe 2025, umugabo witwa...

UBUZIMA

Papa Francis yagaragaye mu ruhame

Kuri iki Cyumweru,Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi, Papa Fransisiko yagaragaye bwa...

UBUZIMA

Gatsibo -Gasange: Urupfu rwa Uwajeneza rwashenguye benshi

Mu Karere ka Gatsibo Umurenge wa Gasange haravugwa urupfu rutunguranye rw’Umubyeyi witwa...

UBUZIMA

Impinduka zari zitegerejwe mu misanzu ya pansiyo zemejwe bidasubirwaho

Kuri uyu wa Gatanu taliki 13 Ukuboza uyu mwaka, u Rwanda rwemeje...

Don`t copy text!