Hot News
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nidasenya FDLR nk'uko bikubiye mu masezerano, u Rwanda gukomeza guhangana n'iki kibazo rukoresheje uburyo rusanzwe rubikoramo. Ni ibyatangajwe na Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame. Imwe mu ngingo ikubiye mu masezerano yasinyiwe i Washington ku wa 27 Kamena 2025, hagati y'u Rwanda rwagiranye na RDC, ni uko Kinshasa isabwa gusenya FDLR, umutwe ugizwe n'abiganjemo…
Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru y'umusore w’imyaka 25 y'amavuko watawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gukekwaho kwica nyina umubyara w’imyaka 60 y'amavuko, amuziza ko amubuza gutereta umugore baturanye yari yarinjiye. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane Taliki 10 Nyakanga 2025, mu Mudugudu wa Gihembe mu Kagari ka Rumuli mu Murenge wa Muhura. Umwe mu baturage…
Bamwe mu batuye mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Jabana muri muri centre ya Nyacyonga bahangayikishijwe n'akabari kitwa Jama City Motel,kabagira inkoko mu bwiherero. Umwe mu bakiriya wagiye kwiyakira mu masaha y'ikigoroba yatunguwe no kwaka ubwiherero hanyuma agezeyo asanga bahabagiye inkoko izindi ziri mu ndobo n ibisigazwa byazo cyangwa se ibyo bazikuyemo byo mu nda binyanyagiye aho ngaho amasazi ari…
Perezida Paul Kagame yashimangiye ko ari muzima ndetse agaragaza ko atumva impamvu…
Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, cyakoze impinduka ku mpuzankano yacyo, aho amadarapo ariho…
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), rwatangaje ko abanyeshuri 14 bo mu…
Bamwe mu batuye mu karere ka Gasabo, Umurenge wa Jabana muri muri…
Umusirikare w'Umunyamulenge Colonel Macunda Mutebutsi ukuriye Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya…
Ku wa Mbere Taliki 7 Nyakanga, umugore witwa Béatrice Ndayikengurukiye w'imyaka 33…
Urukiko rusesa imanza rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rugiye gutangira kuburanisha…
Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhangana n’imitwe yitwaje intwaro…
Lubumbashi – Mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu gace…
Confirmed
65.10M
Death
6.60M
Mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Remera, haravugwa inkuru y'umusore wasanzwe yimanitse mu mugozi arapfa, bikekwa ko byatewe no gufuhira umukobwa bakundanaga kuko yari amaze iminsi amwambuye telefone ye,…
Sign in to your account