Home AMAKURU Menya Gare wakwifashisha uva mu Mujyi wa Kigali 30-31 Ukuboza 2024
AMAKURU

Menya Gare wakwifashisha uva mu Mujyi wa Kigali 30-31 Ukuboza 2024

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko ku wa Mbere, tariki 30 no ku wa Kabiri tariki ya 31 Ukuboza 2024, abatega imodoka bajya mu bice bitandukanye by’igihugu baturutse muri Kigali bazajya bategera ahantu hatatu hashyiriweho kugabanya umuvundo muri iyi minsi mikuru.

Imodoka zizajya zitegerwa i Nyamirambo kuri Pele Stadium, muri Gare ya Nyabugogo, gare ya Kabuga ndetse na Gare ya Nyanza.

Abagenzi kandi bibukijwe kuzajya bagera aho bategera hakiri kare, kugira ngo batazagira ikibazo cyo kubura imodoka.

Loading

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

AMAKURU

Gutebya uhakana cyangwa upfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ni icyaha – Dr. Murangira B. Thierry

Dr. Murangira B. Thierry, uvugira Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yagaragaje ko nta...

AMAKURU

Kinshasa: Abantu babarirwa mu bihumbi n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili

Kuva Ejo ku wa Gatandatu taliki 05 Mata 2025, abantu babarirwa mu...

AMAKURU

Ingabo za FARDC ziri kwifotoreza mu Mujyi wa Walikale zaburiwe na M23

Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC, ryaburiye ingabo za Leta ya Congo, FARDC...

AMAKURU

Guverinoma y’u Rwanda itanze umucyo ku rupfu rw’Umuvugizi wayo, Alain Muku n’icyo yazize

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko uwari Umuvugizi wayo Wungirije, Alain Mukuralinda yitabye...

Don`t copy text!