Mugisha Gilbert ukinira ikipe ya APR FC afunguye ku mugaragaro inshundura zo muri sitade amahoro
Mu mateka biranditswe ko kuri iyi tariki sitade Amahoro yakiriye umukino wa mbere kuva yavugirurwa ikava ku kwakira abantu ibihumbi makumyabiri na bitanu bikagera ku bihumbi mirongo ine na bitanu bicaye neza.
Byari kuri uyu wa Mbere tariki ya 1-07-2024, ubwo umukuru w’igihugu ndetse na perezida wa CAF bafunguraga iki gikorwa remezo cy’akataraboneka ku mugabane wa Afurika.
Ni mu gihe ikipe ebyiri za hano mu Rwanda zahuye mu kuyifungura ari APR FC ndetse na Police FC.
Izi kipe zombi zaje zihigana ubutwari, ariko birangira APR FC itsinze igitego kimwe ku busa cyabonetse rugikubita ku munota wa 13′ w’igice cya mbere.
Perezida w’ikipe ya Rayon sports, Uwayezu Jean Fidéle, yemeje amakuru avugwa ko Aba-Rayon bamwe muri bo bari bagiye guha ruswa abakinnyi ku mukino izakiramo Al […]
Ikipe ya Rayon sports imaze gutangaza ko yamaze gutandukana n’umutoza wayo Yemen Zelfan ku bwumvikane ku mpande zombi. Ibi bibaye nyuma yo kutabasha kugeza iyi […]
Nyuma y’uko ikipe ya APR FC isezerewe na Mlandege muri ½ kuri penaliti, umutoza w’abanyezamu ba APR FC, Ndizeye Aime Desire aka Ndanda, yatangaje ko […]