Friday, June 21, 2024
spot_img
HomeUDUSHYAImbwa itangaje kubera indeshyo yayo

Imbwa itangaje kubera indeshyo yayo

Kevin, Nyakabwana yatanze benshi kwandikwa mu gitabo cy'abanyaduhigo ku isi, ubu yo yabaye ikimenyabose.

Imbwa
Imbwa Kevin yabaye icyamamare

Ibyo wamenya kuri Nyakabwana Kevin yanditswe muri Guiness world records.

Uyu ni umutimbwe udasanzwe kuko ufatwa nka musumba zose hano kuri iyi si ya Rurema.
Iryo tungo ryo mu rugo rero, nk’uko tubikesha ikinyamakuru Sky news, kivuga ko iyo Nyamaswa y’inyamabere ari inyamahoro cyane aho yibanira n’abantu mu gace k’ahantu hiturije.
Igitangaje Kandi ni ukuntu iryo tungo rifungura kakahava, aho rifungura umusozi, ibyo ku ishuri twitaga ikirunga. Ibyo rero bikaba bisobanura ifunguro rihagije.
Iyo mbwa yabaye ikimenyabose kugeza ubwo izina ryayo nanjye ndimenya ni gati ki? Yitwa ngo iki? Ese ni iya he? Ni iyande se?

Nta rungu wisomera umurunga.com,
Iwabo w’ibishya gusa gusa.

Aho ni muri Danimarike (Danmark) ku mugabane w’i Burayi aho imbwa bubwa mu zigihumeka umwuka w’inzima, ije nyuma y’indi yafatwaga nk’aho ariyo yari ndende kurusha izindi yitwaga Macoulay Culkin nayo yo muzibana n’abantu yari yaremejwe ko ariko rukabakababicu kandi bikandikwa mu gitabo cy’uduhigo ku mubumbe w’isi ariwo isi cyitwa Guinness World records.

Imbwa Kevin
Kevin, imbwa yikundira kubana n’abantu mu gace gahora kiturije.

Iyi nshuti y’abahigi irareshya hafi kuba metero yose kuko ireshya na metero 0,97 kuva ku majanja kugeza ku mugongo wayo.
Ku myaka itatu y’amavuko ifite, aho i West Des Moines muri Lowa ihabana n’izindi mbwa nk’iyitwa Pug ndetse n’injangwe enye.
Nyiri iyo mbwa Tracy Wolfe, avuga ko imbwa ye yitwa Kevin ari intyoza, ariko ikikundira kuvimvira mu ntebe, kuryama hafi ya ngenzi zayo, gukusha hafi yozo, ariko na none ikaba itinyitse muri ako gace.

Imbwa
Imbwa Kevin musumbazose yikundira n’izindi nyamaswa zibana, kandi ni inyamahoro.

Gufungura birenze rero ntabwo bigira ingaruka ku ngano yayo. Ihorana umubiri wumutse. Benshi kandi bakayitiranya n’ifarashi, bibaza niba yaba igira agatebe nyicarizo.
Rimwe na rimwe ijya ihiga ngezi zayo cyangwa se injangwe ariko bikarangira izibohoye zikigendera. Kuko ihora ibanye neza nazo.
Kevin rero igikura, iracyari ntoya ugereranyije na Zeus yo yareshyaga na metero imwe n’igice kimwe kirengaho (1.118) yo yitabye muri 2014.

Menya byinshi wisomera inkuru nziza kandi zicukumbuye muri umurunga.com.

Imana ibarinde kandi ibahe ibyiza gusa.
Soma na umurunga.com

Mwadusanga kandi ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram n’izindi zose. Mukomeze gushakisha umurunga.com

Ni aho ubutaha, ndabakunda cyane.

 

Loading

SourceSky News.
RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -

Most Popular

AMATANGAZO

error: Content is protected !!
Don`t copy text!