Itangazo rireba abifuza gukosora ibizamini bya Leta bose-Gatsibo

Mu gihe amashuri yose mu Rwanda arimo kwitegura ibizamini by’igihembwe cya gatatu gisoza umwaka w’amashuri 2023-2024, ni ko abasoza amashuri mu byiciro bitandukanye barimo kwitegura gukora ibizamini bya Leta, aho binyuze mu turere harimo gushakwa abazakosora ibi bizami, Gatsibo yatanze itangazo ku babyifuza bose.

 

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Don`t copy text!