Home AMAKURU Gaza: Hamas yahamije ko izarwana kugeza ku mwuka wa nyuma
AMAKURU

Gaza: Hamas yahamije ko izarwana kugeza ku mwuka wa nyuma

Mu gihe ibitero bya Israel bikomeje mu mugi wa Rafah, abarwanyi ba Hamas bavuze ko bazarwana inkundura kugeza ku mwuka wanyuma batitaye igihe cyose intambara izamara.

Abantu ibihumbi 630 bamaze guhunga amajyepfo y’umugi wa Rafah, naho abagera ku bihumbi 100 bakaba bamaze guhunga mu Majyaruguru kuva Israel yatangira kurasa ku mugi wa Rafah aho bakeka indiri ya Hamas yimukiye.

Igisirikare cya Israel yikomeje kugaba ibitero mu mugi wa Jabalia, mu Majyaruguru ya Gaza no mu gace ka Rafah mu majyepfo.

Kuva iyi ntambara yatangira abantu basaga ibihumbi 35 bamaze gupfa, naho abasaga ibihugu 79, barakomeretse kuva ku italiki 7 Ukwakira 2023 Israel igaba ibitero byo guhangana n’umutwe w’ibyihebe wa Hamas.

 

Loading

Written by
UMURUNGA.com

Umurunga.com is the online digital newspaper which spreads instants and durable information.

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

AMAKURU

Gutebya uhakana cyangwa upfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ni icyaha – Dr. Murangira B. Thierry

Dr. Murangira B. Thierry, uvugira Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yagaragaje ko nta...

AMAKURU

Kinshasa: Abantu babarirwa mu bihumbi n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili

Kuva Ejo ku wa Gatandatu taliki 05 Mata 2025, abantu babarirwa mu...

AMAKURU

Ingabo za FARDC ziri kwifotoreza mu Mujyi wa Walikale zaburiwe na M23

Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC, ryaburiye ingabo za Leta ya Congo, FARDC...

AMAKURU

Guverinoma y’u Rwanda itanze umucyo ku rupfu rw’Umuvugizi wayo, Alain Muku n’icyo yazize

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko uwari Umuvugizi wayo Wungirije, Alain Mukuralinda yitabye...

Don`t copy text!