Ubuyobozi bw lkigo cy’lgihugu Gishinzwe Irangamuntu “NIDA” bunejejwe no kumenyesha Abantu bose babaruwe bakaba bageze igihe cyo gufotorwa cyangwa baracikanwe n’ibikorwa byo gufotora byabanje ngo bafate indangamuntu, ko bashobora kwifotoreza mu turere n’ Imirenge yatoranyijwe ku matariki akurikira:








Murakoze cyane. Ese umuntu ugize ikibazo cyo gutakaza irangamuntu akora iki ngo abone Indi?