Saturday, June 22, 2024
spot_img
HomeAMAKURUDr. Patrick Hitayezu wari muri MINECOFIN yirukanywe azize kwitwara nabi

Dr. Patrick Hitayezu wari muri MINECOFIN yirukanywe azize kwitwara nabi

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasohoye itangazo rihagarika mu nshingano Dr. Patrick Hitayezu wari ushinzwe Politiki y’ubukungu( Chief Economist) muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi kubera imyitwarire mibi.

Iryo tangazo rivuga ko uwo mugabo yazize icyo mu Cyongereza bita ‘Gross Misconduct’.

Imyitwarire mibi kandi iherutse gukora ku basirikare bakuru mu ngabo z’u Rwanda birukanywe mu mezi make ashize.

Abo barimo Major General Aloys Muganga.

Imwe mu nkingi imiyoborere y’u Rwanda yubakiweho ni ukubazwa ibyo ukora, warahiriye cyangwa wemeye gukora mu bundi buryo kandi mu nyungu z’abaturage.

Loading

Sam Kabera
Sam Kaberahttp://wwww.umurunga.com
📞or Message me on 250 783618487 UBUREZI,UBUVUGIZI NIBWO DUSHYIRA IMBERE. Sam Kabera yatangiye itangazamakuru kuva mu mwaka wa 2015 mu binyamakuru birimo Nonaha.com,Hanga.rw n'ibindi bitandukanye birimo na Television.
RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -

Most Popular

AMATANGAZO

error: Content is protected !!
Don`t copy text!