Friday, June 21, 2024
spot_img
HomeAMAKURUHabitegeko François uherutse ngo kubwira abayobozi ko bameze nk’ibikeri byahagamye mu matiyo...

Habitegeko François uherutse ngo kubwira abayobozi ko bameze nk’ibikeri byahagamye mu matiyo arirukanywe.

Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, cyane eyane mu
ngingo yaryo ya 112;
Ashingiye kandi ku Itegeko No 14/2013 ryo ku wa 25/03/2013 rigena imitunganyirize
n’imikorere by’intara cyane cyane mu ngingo yaryo ya 9;
None ku wa 28 Kanama 2023, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yavanye mu kazi
abayobozi bakurikira:
Bwana François Habitegeko wari Guverineri w’intara y’lburengerazuba; na Madamu Espérance Mukamana wari Umuyobozi Mukuru w’ikigo cy’lgihugu Gishinzwe Ubutaka.

Habitegeko Francois ukuwe muri uyu mwanya yawugiyemo mu mwaka wa 2021 asimbuye uwari Guverineri w’Ibungerazuba Munyentwalo Alphonse.

Soma iyi nkuru twakoze mu minsi ishize aho byavugwaga ko yabwiye nabi abayobozi.

Guverineri Habitegeko amaze gushyira umucyo kubyo yavuze anaburira abayobozi.

Loading

Sam Kabera
Sam Kaberahttp://wwww.umurunga.com
📞or Message me on 250 783618487 UBUREZI,UBUVUGIZI NIBWO DUSHYIRA IMBERE. Sam Kabera yatangiye itangazamakuru kuva mu mwaka wa 2015 mu binyamakuru birimo Nonaha.com,Hanga.rw n'ibindi bitandukanye birimo na Television.
RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

- Advertisment -

Most Popular

AMATANGAZO

error: Content is protected !!
Don`t copy text!