Home UDUSHYA “Bazajya bahembwa umushahara wa buri kwezi”,Itangazo rya sitage muri TUGANEHEZA SACCO RWIMBOGO ku bantu bafite A1, A0 na Master’s mu masomo ayo ariyo yose.
UDUSHYA

“Bazajya bahembwa umushahara wa buri kwezi”,Itangazo rya sitage muri TUGANEHEZA SACCO RWIMBOGO ku bantu bafite A1, A0 na Master’s mu masomo ayo ariyo yose.

TUGANEHEZA SACCO RWIMBOGO
Rwimbogo ku wa 24/08/2023

INTARA Y’IBURASIRAZUBA
AKARERE KA GATSIBO
UMURENGE WA RWIMBOGO
Tel:0783818184/0785587880
E-mail: tuganehezasacco@gmail.com

ITANGAZO RYA STAGE

TUGANEHEZA SACCO RWIMBOGO iherereye mu Karere ka Gatsibo Umurenge wa Rwimbogo
ku bufatanye na RDB irifuza gutanga STAGE ku banyeshuri batarengeje umwaka basoje kwiga kaminuza
kandi bakazajya bakora bahembwa umushahara wa buri kwezi

USABA STAGE AGOMBA KUBA YUJUJE IBI BIKURIKIRA:
1) Kuba ari umunyarwanda kandi afite imyaka y’ubukure.
2) Kuba afite impamyabumenyi ya A1, A0, cyangwa masters mu byo yaba yarize byose
3) Kuba azi neza ururimi rw’Icyongereza cyangwa Igifaransa, kuzimenya zombi ni akarusho
4) Kuba azi gukoresha neza mudasobwa
5) Kuba yariyandikishje muri RDB ishami rya professional internship

Ibaruwa isaba stage igomba kuba yandikiwe umuyobozi w’inama y’ubuyobozi ya TUGANEHEZA
SACCO RWIMBOGO iherekejwe n’ibi bikurikira:
a)Umwirondoro(CV)
b)Fotokopi y’impamyabumenyi itariho umukono wa Noteri
c)Fotokopi y’indangamuntu

Dosiye isaba stage igomba kuba yageze mu biro by’umucungamutungo wa Tuganeheza sacco
Rwimbogo bitarenze kuwa 31/08/2023

Ku bindi bisobanuro mwabariza kuri
0783818184/ 078558 7880
Bikorewe Rwimbogo kuwa 24/08/2023

BUGINGO ABRAHAM
Umuyobozi w’inama y'”Ubuyobozi ya TUGANEHEZA SACCO RWIMBOGO
ni we washyize umukono kuri iri tangazo.

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

UDUSHYA

Insigamunani:Ibijya gucika inkungu ibijya imbere

Uyu mugani bawuca iyo babonye ingaruka mbi ku kintu cyagizwe ibanze kitabigombaga,...

UDUSHYA

Abadepite barwaniye mu cyumba cy’Inteko bamwe bakoresha ibiturika

Ku wa Kabiri w’iki Cyumweru mu Nteko Ishinga Amategeko ya Seribiya habereye...

UDUSHYA

Rubavu: Abarwanyi ba FDLR bishyikirije inzego z’umutekano z’u Rwanda mu mahoro

Kuri uyu wa Kabiri taliki 07 Mutarama 2024, Abarwanyi batatu bari mu...

UDUSHYA

Umutoza yarezwe gutanga pompaje zigera kuri 368 zikabatera uburwayi

Mu mujyi wa Texas,Umutoza John Harrell watozaga abanyeshuri ku ishuri rikuru rya...

Don`t copy text!