Home SIPORO Breakingnews: Inkuru ibabaje kubari baziko bazareba umukino wa APRFC na Rayon sports
SIPORO

Breakingnews: Inkuru ibabaje kubari baziko bazareba umukino wa APRFC na Rayon sports

Kuri uyu wa Gatandatu ni Tariki 12 Kanama umukino ugomba kuzahuza Rayon sports na APRFC ugomba kuzaba ukomeye cyane, dore ko amakipe yombi amaze igihe yitegura uyu mukino wishiraniro wambere ukomeye hano mu Rwanda.
Ku munsi w’Ejo hasize ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryari yavuze ko amatike yo kwinjira ageze kure ashira , usibye mu myanya isanzwe hari hasigaye 70%.Mu masaha make ashize FERWAFA imaze gutangaza ko amatike kugeza ubu yamaze kurangira.

Ibi ntabwo ari inkuru nziza kubantu batari baguze amatike yo kuzabinjiza kiri sitade,bamwe amatikike ashize bageragezaga kwinjira muri sisiteme ya FERWAFA igurirwamo amatike ariko ntibikunde bikanga.mugihe sitade ya Kigali Pele Stadium ijyamo abantu ibihumbi 22.Benshi bazawumva ku ma Radio.

Written by
IFASHABAYO Gilbert

Umwanditsi w'ikinyamakuru www.umurunga.com ushaka kuduha amakuru mpamagara kuri 0788820730

Leave a comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Related Articles

SIPORO

Muri shampiyona Muhire Kevin wa Rayon Sports arabahiga – Darko Novic utoza APR FC

Darko Novic, utoza ikipe ya APR FC, yashimye cyane kapiteni wa Rayon...

SIPOROUBUKUNGU

Samuel muri “Tour du Rwanda” akomeje kuvugwa imyato

Uruganda Ingufu Gin Ltd, ruherereye mu Murenge wa Runda mu Karere ka...

SIPOROUBUREZI

Ibihanga biri mu mategeko agenga imikino mu mashuri bidindiza siporo y’igihugu

Buri rushanwa rigira amategeko arigenga kandi aba agomba gukurikizwa kugirango irushanwa rinyure...

SIPORO

Stade Amahoro ihanganiye igihembo na Stade zirimo Santiago Bernabéu ya Real Madrid

Stade Amahoro y’u Rwanda iri muri 23 zihataniye ibihembo by’ibibuga byiza ku...

Don`t copy text!