Nihehe hazajya hakoreshwa ibyiciro by’ubudehe? Posted on August 3, 2023August 3, 2023 by IFASHABAYO Gilbert Nyuma y’uko hagiye humvikana abaturage binubira ko bimwe serivise cyangwa ubufasha kandi bari bakwiye gufashwa, Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihigu yongeye kwibutsa ko gutanga ubufasha bidakwiye kugenderwa ku byiciro by’ubudehe.Ikimeza ivugako ibyiciro by’ubudehe bikoreshwa mu igenamigambi ubushakashatsi. Ibiranga ibyiciro by’ubudehe Iri tangazo risobanura ahakoreshwa ibyiciro by’ubudehe?
AMAKURU UBUREZI Nyanza: Mwarimu wasuwe n’umukobwa akanga gutaha bikomeje kumubana agatogo Gilbert Niyisengwa September 30, 2024 0 Akarere ka Nyanza katumijeho umwarimu bikekwa ko yatswe miliyoni ebyiri kugira ngo umukobwa bikekwa ko baryamanye atahe. Amakuru avuga ko bitangira, umukobwa yaturutse mu Karere […]
AMAKURU Muhanga: Umupolisi yarashe umujura wari ushatse kumutema UMURUNGA.com April 15, 2024 0 Mu Karere ka Muhanga umupolisi uhakorera mu gitondo cyo kuri uyu wa 15 Mata 2024, yarashe umugabo wari uvuye kwiba inka y’umuturage, ahita yitaba Imana. […]
AMAKURU AMATANGAZO Itangazo rya Polisi y’u Rwanda rigenewe abakoresha imihanda Gilbert Niyisengwa October 31, 2023 0 ITANGAZO Turabamenyesha ko guhera tariki 31 Ukwakira 2023 kugeza tariki 04 Ugushyingo 2023 hateganyijwe isiganwa ku magare ribera mu misozi “RWANDAN EPIC 2023” rizabera mu […]